Ubuzima/Kwivuza n'Amacumbi

Gahunda y'Ubuzima n'Amacumbi ifite umurongo unoze wo gufasha mu bijyanye na serivisi z'ubuzima ndetse n'amacumbi cg aho gutura.

Ikaze muturanyi ni gahunda ya Refugee Development Center nshya ifasha impunzi zaba iza cyera nizije vuba mu bijyanye n’amazu, kuba watunga inzu yawe bwite mu kubipanga ndetse no kwizigama, baguha amasomo ajyanye n’umutungo, nyiramazu n’umupangayi, kubasura imuhira, ndetse no gukora gahunda zitandukanye mu muryango. Iyo gahunda ifasha:

Gahunda inonosoye intambwe ku yindi yo gufasha imiryango:

  • Kubasha mu gihe mufite umutekano muke mu mazu
  • Kuba watunga inzu yawe bwite mu kubiteganya n’amasomo
  • Kwiga ibijyanye n’ubukungu
  • Uburenganzira bwa nyir’amazu n,ubw’umupangayi (ucumbikiwe)
  • Gusura abantu mungo
  • Ubufasha mu miryango bujyanye no kwiyemeza ibyo umuntu yakora

Umujyama w’ubuzima mur RDC ashobora kugufasha muri serivisi zijyanye n’ubwishingizi ndetse akanaguha amakuru ku bijyanye n’ubwoko bw’ubwishingiz bw’ubuzima wahitamo.

Gahunda y’ibirebana n’ubuzima ifasha imiryango mur ibi bikurikira:

  • Ubutabazi ku bijyanye n’impungenge z’ubuzima
  • Kwiyandikisha mu bwishingizi bwo kwivuza
  • Amasomo ajyanye n’ubuzima/Kwivuza
  • Uburyo wabuna randevu kwa muganga
  • Gusoma no kumva icyo amabaruwa cyangwa se izindi nyandiko zo kwivuza zisobanuye MI Bridges