Ababifitemo uruhare

Ababifitemo uruhare

Gushyiraho umuryango utanga ikaze ndetse wagira akamaro mu guhindura ubuzima bw’impunzi za hafi mu kubaha umwanya duha agaciro. Tugane mu gufasha abaturanyi bacu bashya b’impunzi mu gihe bari kugerageza kumenyera aho batuye hashya.

Uburyo wafatanya natwe:

Abakorerabushake: Hari uburyo bwinshi waba umukorerabushake wa Refugee Development Center. Twiringira cyane abakoranabushake kuba badufasha kugira akamaro no kudufasha ko umuryango wacu watanga ikaze uko bishoboka kose.

Dufashe: Egera Refugee Development Center n’ibihumbi by’abandi baterankunga n’abakorerabushake bafasha impunzi mu rugendo rwazo rwo gutera imbere no kuba abaturage bahamye b’akarere ka Mishigani yo hagati.

Shyiraho urwawe rubuga rwo gusaba inkunga: Urubuga rwa Fesibuke rwarabyoroheje kuba wasaba inkunga ku munsi wawe w’amavuko cyangwa se indi minsi idasanzwe wizihiza- aho gusaba impano wakwaka inkunga! Kanda hano niba wiguza gutangira

Iminsi mikuru: Dutegura kandi tukanitabira iminsi mikuru ibera muri aka karere ka Mishigani yo hagati. Reba iminsi twitegura kwizihiza hanyuma utugane uyu munsi!